Kuri uyu wa kane tariki 22 Gashyantare 2024 ku bitaro Bikuru bya Kibungo habereye igikorwa cyo kwizihiza umunsi mukuru w’abarwayi kitabiriwe…
Kuri uyu wa 11 Gashyantare 2024 abaririmbyi ba 'Chorale de Kigali' basuye abarwayi ku bitaro Bikuru bya Kibungo, bifatanya na bo mu isengesho,…
Umuganda rusange ngarukakwezi w’Ukwakira 2023, abakozi b’Ibitaro bawukoze batera ibiti bisaga ijana byo mu bwoko bwa leucaena na croton mu busitani…
Kuri uyu wa mbere hirya no hino mu karere ka Ngoma kimwe n'ahandi mu gihugu hose, hatangiye icyiciro cya kabiri cy’igikorwa cyo gukingirira…
Turamenyesha abatugana n'abantu mwese muri rusange ko ubu serivise yo guca mu cyuma cya Sikaneri (CT Scan) irimo gutangwa mu Bitaro Bikuru bya Kibungo…
Ibitaro Bikuru bya Kibungo biribuka abari abakozi babyo, n'ab'ibigo nderabuzima byo mu karere ka Ngoma bazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda.
Guverineri Gasana yijeje ubuvugizi Ibitaro bya Kibungo ngo birusheho kunoza serivise
Kuri uyu wa gatatu tariki 10 Gicurasi 2023 Guverineri w’Intara…
Dr. Malumanga Muke Arthur ni we watorewe kuba indashyikirwa ya 2022-2023 mu bakozi b’Ibitaro bikuru bya Kibungo ku majwi 27.8%
Dr. Malumanga ni…
Itsinda ryasuzumaga iyubahirizwa ry’ibipimo by’ireme ry’ubuvuzi - riturutse muri Rwanda Agency for Accreditation and Quality Healthcare (RAAQH)…